Uwahoze akuriye FBI James Comey yongeye gutanga ubuhamya butangaje uburyo Perezida Trump yakoranye na Russia mu matora
— June 8, 2017
Please enter banners and links.

Uwahoze akuriye FBI muri America James Comey uyu munsi Kuwa 8 Kamena 2017 nibwo yatanze ubundi buhamya butangaje uburyo Perezida w’America Trump yakoranaga n’igihugu cya Russia mu gihe cy’amatora ya Perezida.
Ubu mu bitangazamakuru bikomeye ku isi birimo BBC ,Aljazeera n’ibindi bitandukanye niyo nkuru ishyushye birimo kuvugaho ndetse no ku mbuga nkoranyambaga ku buhamya James Comey arimo gutanga ndetse uyu mugabo akaba amaze kuba umustari (Star).
James Comey akaba yatanze ubuhamye bwe ku nshuro ya kabiri akaba noneho yabutanze imbere y’akanama gashinzwe iperereza kayobowe na Richard Burr (Senate Intelligence Committee ) kagizwe n’abasinateri 8 .
James Comey yavuze ko Perezida Trump yashakaga kumurekera mu kazi kugirango atazavuga ku mabanga ye n’igihugu cya Russia mu gihe cy’amatora .

James Comey wahoze ayoboye FBI arimo gutanga ubuhamya


Ubusanzwe igihugu cya America na Russia n’ibihugu by’ibikeba bihora bishyamiranye mu bya gisirikare n’ibindi bijyanye na politike ku buryo kumva ko kimwe kinjiye muri gahunda z’ikindi bitera impagarara cyangwa bitera ibibazo.
Abandi bakomeje gushima James Comey uburyo yemeye gutakaza akazi agahitamo kuvugisha ukuri ndetse abantu bakaba bavuga bati niba abantu bose bagiraga ukuri nkukwa Comey.
Rwego Tony
2,776 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply