umu amakuru- FERWAFA yamaze kwemeza ko Antoine Hey ari we wahawe akazi ko gutoza Amavubi | Umusingi
<img class=FERWAFA yamaze kwemeza ko Antoine Hey ari we wahawe akazi ko gutoza Amavubi">

antoine_hey_ferwafa-6322cFERWAFA yamaze kwemeza ko Antoine Hey ari we wahawe akazi ko gutoza Amavubi

Please enter banners and links.

 

antoine_hey_ferwafa-6322c

 

Nyuma y’uko basigaye ari abatoza batatu bahatanira uyu mwanya umutoza ukomoka mu gihugu cy’Ubudage Antoine Hey niwe wahawe inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Amavubi.

Uyu mutoza wari uhanganye n’abatoza nka Savoy ukomoka mugihugu cy’Ubusuwisi ndetse na Jose Rui Lopes Aguas wo muri Portugal baherukaga gukora ikizamini cyo kuvuga ku italiki 27 z’ukwezi kwa kabiri muri uyu mwaka.

Antoine Hey w’imyaka 46 ategerejwe kugera mu Rwanda kugira ngo atangire inshingano zo gutoza ikipe y’igihugu igomba gutangira kwitegura gushaka itike yo kuzakina imikino ya nyuma y’igikombe cy’Africa (CAN) ndetse n’imikino ya nyuma ya CHAN .

2,622 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.