Liverpool FC yatwaye ikindi gikombe gikomeye kiyongera ku bindi 2 nabyo bikomeye birimo Champions League(Amafoto)
— December 22, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool ku munsi w’ejo yatwaye igikombe gikomeye kitwa Club World Cup ikaba yagitwaye itsinze ikipe yo mu gihugu cya Brazil yitwa Flamingo.
Ikipe ya Liverpool ikaba yatsinze igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Firmino mu minota yinyongera kuko iminota 90 yarangiye ari ubusa ku busa.







Liverpool n’iyo kipe yo mu Bwongereza kugeza ubu imaze gutwara ibikombe 3 byose bikomeye icya rimwe nyuma yo gutwara Champions League na Super Cup na Club World Cup ndetse ikaba iri no ku mwanya wa mbere muri Shamiyona ya Premier League mu Bwongereza.
Abantu baribaza n’inde uzahagarika Liverpool ko ishobora kongera igatwara ibikombe byose bikomeye kuko ubu irarusha ikipe ya kabiri amanota 8 ariko Liverpool ifite umukino w’ikirarane.
4,207 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply