Liverpool FC yatwaye ikindi gikombe gikomeye kiyongera ku bindi 2 nabyo bikomeye birimo Champions League(Amafoto)
— December 22, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool ku munsi w’ejo yatwaye igikombe gikomeye kitwa Club World Cup ikaba yagitwaye itsinze ikipe yo mu gihugu cya Brazil yitwa Flamingo.
Ikipe ya Liverpool ikaba yatsinze igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Firmino mu minota yinyongera kuko iminota 90 yarangiye ari ubusa ku busa.







Liverpool n’iyo kipe yo mu Bwongereza kugeza ubu imaze gutwara ibikombe 3 byose bikomeye icya rimwe nyuma yo gutwara Champions League na Super Cup na Club World Cup ndetse ikaba iri no ku mwanya wa mbere muri Shamiyona ya Premier League mu Bwongereza.
Abantu baribaza n’inde uzahagarika Liverpool ko ishobora kongera igatwara ibikombe byose bikomeye kuko ubu irarusha ikipe ya kabiri amanota 8 ariko Liverpool ifite umukino w’ikirarane.
4,287 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply