Mu Bwongereza byakomeye Liverpool yanyagiye Arsenal naho Man United irakubitwa bikomeye na Tottenham ukubitiwe ahareba inzega
— August 25, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool nyuma yo gutsinda Arsenal ibitego 3 kuri kimwe hari abatangiye kuvuga ko ishobora gutwara igikombe cya Shampiyona y’uBwongereza. Liverpool niyo Ubu yonyine ifite amanita 9 mu mikino 3 yose yatsinze mu gihe iyo zihora zihanganye Man City ifite amanita 7 nyuma y kunganya na Tottenham ibitego 2 kuri 2.
Ikipe ya Man United nayo nyuma yo gushora amafaranga menshi igura abakinnyi bakomeye igamije kugaruka muri 4 za mbere ndetse igakina Champions League ariko byaraye biyigendekeye nabi itsindwa na Crystal Palace ibitego 2 kuri kimwe.
Man City nayo uyu munsi ku cyumweru tariki 25 Kanama 2019 yatsinze Bournemouth ibitego 3 kuri kimwe.Tottenham Hotspurs yatsinzwe na Newcastle United igitego kimwe ku busa bikaba byaratumye uyu mwaka bishobora kuyigora kuza muri 4 za mbere.

Liverpool itsinda Arsenal

Manchester United itsindwa na Crystal Palace ejo

Tottenham itsindwa uyu munsi
2,983 total views, 5 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply