Mu Bwongereza byakomeye Liverpool yanyagiye Arsenal naho Man United irakubitwa bikomeye na Tottenham ukubitiwe ahareba inzega
— August 25, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool nyuma yo gutsinda Arsenal ibitego 3 kuri kimwe hari abatangiye kuvuga ko ishobora gutwara igikombe cya Shampiyona y’uBwongereza. Liverpool niyo Ubu yonyine ifite amanita 9 mu mikino 3 yose yatsinze mu gihe iyo zihora zihanganye Man City ifite amanita 7 nyuma y kunganya na Tottenham ibitego 2 kuri 2.
Ikipe ya Man United nayo nyuma yo gushora amafaranga menshi igura abakinnyi bakomeye igamije kugaruka muri 4 za mbere ndetse igakina Champions League ariko byaraye biyigendekeye nabi itsindwa na Crystal Palace ibitego 2 kuri kimwe.
Man City nayo uyu munsi ku cyumweru tariki 25 Kanama 2019 yatsinze Bournemouth ibitego 3 kuri kimwe.Tottenham Hotspurs yatsinzwe na Newcastle United igitego kimwe ku busa bikaba byaratumye uyu mwaka bishobora kuyigora kuza muri 4 za mbere.

Liverpool itsinda Arsenal

Manchester United itsindwa na Crystal Palace ejo

Tottenham itsindwa uyu munsi
3,057 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply