
Arsenal FC yaguze umukinnyi ukomeye Pepe Nicolas abafana bayo batangira kwigamba gutwara igikombe
— August 1, 2019

Please enter banners and links.
Ikipe ya Arsenal FC yaguze umukinnyi ukomeye andi makipe akomeye nka Liverpool FC na Man City n’izindi zitandukanye zamushakaga ariko Arsenal ibatanga kumusinyisha.
Nicolas Pepe n’umunyafurika w’umukinnyi wa mbere uhenze akaba yaguzwe amafaranga £72m ,Arsenal ikaba yamuguze mu ikipe ya Lille akaba yasinye amasezerano yo kuyikinira imyaka 5.




N’ubwo abafana ba Arsenal batangiye kwigamba gutwara igikombe ariko nandi makipe nayo yagiye yiyubaka cyane cyane Man City n’ubusanzwe ariyo kipe iteye ubwoba kuko ikomeye cyane ari nayo yatwaye igikombe cya Shampiyona inshuro 2 zikurikiranya ndetse n’ubu ikaba ihabwa amahirwe yo kongera kugitwara n’ubwo Liverpool yari iyimereye nabi.



Man City yatwaye igikombe ifite amanota 98 mu gihe Liverpool yari ifite amanota 97 ,Man city iyirusha inota rimwe gusa ariko ubu Liverpool ikaba ivuga ko ishaka gutwara Shampiyona nyuma yo gutwara Champions League.
Bamwe bumvise abafana ba Arsenal bigamba ko bagiye gutwara igikombe n’abandi bafana bandi makipe nabo bakaba bigamba ko bazatwara igikombe dore ko Arsenal yarangirije mu mwanya wa 5 ,ibi bikaba bibaye shampiyona igiye gutangira ku cyumweru tariki 4 z’ukwezi kwa 8 aho Liverpool izahura na Man City ubwo bazaba bakinira igikombe cya Community shield.
Ndayambaje F
3,791 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply