Chelsea yatsinzwe na Bayern Munich mu mukino wa mbere kuri Morata waguzwe Miliyoni 70
— July 25, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa 25 Nyakanga 2017 Imbere y’abasaga ibihumbi 48,500 muri Singapore, Bayern Munich iheruka gutsindwa na Milan AC ibitego 4-0, yabashije gutsinda Chelsea ibitego 3-2 mu mukino wa mbere kuri rutahizamu Alvaro Morata.
Bayern Munich yafunguye amazamu hakiri kare, ku ishoti rya Rafinha, yatsinze ku munota wa gatandatu gusa w’umukino.
Nyuma y’iminota itanu, Thomas Muller wari udafite umufashe, yatsindiye igitego cya kabiri mu rubuga rw’amahina rw’ikipe ya Chelsea mbere yo gutsinda igitego cya gatatu ku ishoti rikomeye ryo muri metero nka 25 ku munota wa 26.



Chelsea yabonye igitego cya mbere cyo kwishyura mu minota y’inyongera y’igice cya mbere, igitego cyatsinzwe na Marcos Alonso, amakipe yombi ajya mu kauhuko ari ibitego 3-1.
Mu gice cya kabiri, umutoza Antonio Conte wa Chelsea yahinduye ikipe, ashyiramo abakinnyi batandukanye, aba barimo na rutahizamu mushya Alvaro Morata uherutse kugurwa muri Real Madrid.
Chelsea yakinnye ishaka kwishyura ibitego yatsinzwe, yabashije kwishyuramo igitego kimwe, ubwo ku munota wa 85, Michy Batshuayi witwaye neza mu mukino batsinzemo Arsenal kuwa Gatandatu, yatsindaga igitego cya kabiri.
CHELSEA (3-4-3): Courtois (Eduardo 76); Azpilicueta, Christensen (Luiz 64), Cahill ; Moses , Kante, Fabregas (Pasilic 86), Alonso (Tomori 76); Willian, Batshuayi (Baker 86), Boga (Morata 64, )
BAYERN (4-2-3-1): Starke (Fruchtl 46); Rafinha (Gotze 64), Martinez, Hummels , Friedl ; Tolisso (Pantovic 64), Sanches ; Muller (Wintzheimer 80), James , Ribery (Dorsch 80); Lewandowski (Coman 46).
2,404 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply