Olivier Karekezi wari wishimiwe gutoza ikipe ya Rayon Sports yambuwe umwanya yari yahawe w’ubutoza
— July 23, 2017
Please enter banners and links.

Olivier Karekezi wari wagizwe umutoza Mukuru wa Rayon Sports hamwe n’abari bamwungirije, muri iki cyumweru yambuwe uyu mwanya ushyirwa ku isoko nyuma y’aho inama y’umuryango wa Rayon Sports yemeje ko yahawe akazi mu buryo bunyuranyije n’amabwiriza.
Inama y’umuryango wa Rayon Sport yateraniye ku cyicaro cyayo kuri uyu wa 21 Nyakanga 2017 yavuze ko hashingiwe ku mategeko shingiro agenga iyi kipe, mu ngingo ya 28, ivuga ko komite nyobozi ariyo ishinzwe “gushaka, gushyiraho no gusezerera abakozi bo mu nzego zinyuranye z’umuryango”, uyu mwanya usubijwe ku isoko.

Itangazo ubuyobozi bw’iyi kipe bwashyize ahagaragara rivuga ko abifuza gutoza iyi kipe bagomba kugeza ibyangombwa byabo ku cyicaro gikuru cy’umuryango, nyuma komisiyo yashyizweho ishinzwe igura n’igurisha ikaba ariyo izahitamo umutoza mwiza mu bazaba basabye akazi.
Umutoza Karekezi Olivier yari yahawe akazi n’ubuyobozi bwa Rayon Sports FC asimbuye Masoudi Djuma weguye ku gutoza iyi kipe.
2,450 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply