umu amakuru- Bya bibazo byose by’abantu barangiza vuba mu gutera akabariro n’ibindi bijyanye no gukora imibonano mpuzabitsina umuti wabonetse ntubacike | Umusingi

Bya bibazo byose by’abantu barangiza vuba mu gutera akabariro n’ibindi bijyanye no gukora imibonano mpuzabitsina umuti wabonetse ntubacike

Please enter banners and links.

Umuti wizewe wakoresha mu gihe waba ufite ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, Kurangiza vuba cyangwa se gusohora nyuma y’igihe gito cyane utangiye igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ni ikibazo kibangamiye imiryango myinshi ku Isi, ndetse hari ubwo giteza amakimbirane, kikaba cyazirwanya.

Iki kibazo giterwa n’impamvu rusange zitandukanye zirimo: umunaniro mwinshi, kubura ubwisanzure cyangwa kudatuza mu gihe cy’imibonano, kuba utaramenyera iki gikorwa cyangwa se ugikora n’uwo mudahuje ibyiyumviro muri ako kanya.

Ni kenshi Umusingi yakira ubutumwa butandukanye bw’abagabo bayimenyesha ko bafite ikibazo cyo kurangiza vuba, kandi ko kibatera ipfunwe mu gihe bakora imibonano mpuzabitsina, bamwe muri bo baba barihebye, bakabaza bati “Haba hari umuti w’iki kibazo?”

Yego imiti irahari, gusa turareba ku ukoreshwa cyane kandi wizewe witwa ‘Revive Capsule’. Wakozwe mu gihingwa kirandaranda cyitwa Epidemium kiboneka cyane mu Bushinwa.

Nk’uko abashakashatsi batatu: Dr Onengiyofori Ibama, Nyebuchi Jonathan na Tarira Ngowali Aleruchi-Didia bigisha muri kaminuza ya siyansi n’ikoranabuhanga ya Rivers State yo muri Nigeria babitangarije ku rubuga Research Gate, uyu muti uzwi na none ku izina rya ‘Kedi Revive’ ukorwa n’ikigo cy’ubuvuzi cya Kedi Healthcare Company Ltd kiri muri Hong Kong mu Bushinwa.

Usibye kuvura ikibazo cyo kurangiza vuba, Revive Capsule ivura kudafata umurego kw’igitsina cy’umugabo ndetse n’umunaniro ukabije. Aba bashakashatsi babisobanura bati: “Uyu muti ukoreshwa ku Isi yose, by’umwihariko muri Afurika na Asia mu kuvura kudafata umurego kw’igitsina, kongera ubushake.”

Mu nyandiko y’ubutaka, muzasobanurirwa uburyo bwiza bwo gukoresha uyu muti kugeza iki kibazo gikemutse. Call /whatspp +250786089024

4,838 total views, 3 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.