Hategerejwe umupira w’amaguru ukomeye hagati ya Liverpool na Bayern Munich muri Champions League
— February 19, 2019
Please enter banners and links.

Uyu munsi Kuwa 19 Gashyantare 2019 hategerejwe umukino w’umupira w’amaguru ukomeye uhuza amakipe akomeye Liverpool FC iri mu rugo ariko idafite myugariro wayo Virgil van Dijk imaze igihe icungiraho.
Amahirwe menshi arahabwa Liverpool ko ishobora gutsinda ,abasesenguzi bavuga ko ikipe ya Bayern ifite abakinnyi benshi bashaje kurusha aba Liverpool.
Ikindi ni uko mbere y’uko umukino utangira amakuru yaturukaga muri Bayern yavugaga ko Ribery na Roben batari bubanzemo ndetse ko Roben we ataribuwukine kubera imvune ibyo bikaba bihesha amahirwe Liverpool kuko abo aribo bakinnyi bakunda kuzonga andi makipe.



Ikipe ya Liverpool ikaba igomba gutsinda kuko iri mu rugo kandi isigaje ibikombe 2 gusa kandi uyu mwaka uko byagenda kose ikeneye igikombe yaba Champions League cyangwa Shampiyona .
Muri Shampiyona iri ku mwanya wa kabiri inganya amanota na Man City iri ku mwanya wa mbere ariko Man City akaba yarakinnye imikino myinshi kurusha Liverpool.




Man City ifite amanota 65 inganya na Liverpool iri ku mwanya wa kabiri ariko Man City ikinnye imikino 27 mugihe Liverpool ikinnye 26 ,Liverpool muri weekend ikazakina umukino ukomeye na mukeba wayo Man United iri ku mwanya wa kane n’amanota 51.
Ndayambaje F
4,787 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply