Perezida Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Club Rafiki gishya
— August 8, 2017
Please enter banners and links.

Kuri uyu wa Kabiri tariki 8 Kanama 2017 Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatashye ku mugaragaro ikibuga cya Basketball cyubatswe n’umuryango udaharanira inyungu wa Giants of Africa washinzwe na Masai Ujiri.
Masai Ujiri usanzwe ari n’umuyobozi w’ikipe ya Toronto Raptors, hamwe n’abo bakorana, ari mu Rwanda kuva ku Cyumweru, aho yitabiriye ibikorwa bya Giants of Africa.
Uyu muryango udaharanira inyungu, wiyemeje kuzamura imibereho y’abana muri Afurika, binyuze mu mukino wa Basketball, ukaba warasannye ikibuga cya Club Rafiki giherereye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.


Ubwo yatahaga ku mugaragaro iki kibuga, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko urubyiruko rwa Afurika rufite impano nyinshi ariko zidashobora kugaragara igihe rutabonye amahirwe yo kwigaragaza.
“Urubyiruko rwa Afurika rufite impano nyinshi zidashobora kugaragara nta mahirwe rubonye nk’aya mwaruhaye.’’
Perezida Kagame ubwo yatahaga kumugaragaro ikibuga cya Club Rafiki i Nyamirambo.
Uretse u Rwanda, Giants of Africa bakorera kandi muri Uganda, Kenya, Nigeria, Ivory Coast na Senegal, aho bazagira umwanya wo gusura urubyiruko rubarizwa muri ibi bihugu muri uku kwezi kwa munani.
2,919 total views, 9 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply