
Umukinnyi Angel Di Maria yakatiwe igifungu cy’umwaka ari muri gereza
— June 21, 2017

Please enter banners and links.
Umukinnyi Angel Di Maria ubu ukinira ikipe ya Paris Saint-Germain yakatiwe igifungo cy’umwaka wose ari muri gereza ndetse acibwa amande angana na Miliyoni £1.76 kubera kunyereza imisoro inshuro 2 zose.

Angel Dimaria

Lionel Messi ari mu rukiko
Uyu mukinnyi wakiniyeho ikipe ya Manchester United igihe gito akahava yemeye icyaha ahabwa igihano cy’umwaka ariko mu gihugu cya Spain iyo nta kindi cyaha wari wakora mu myaka 2 iba ishize ntago ufungwa ahubwo wishyuramo amafaranga.
Kunyereza imisoro ashinjwa igihe yavaga muri Real Madrid yerekeza mu ikipe ya Man U ndetse Ikinyamakuru The dailymaily.co.uk kivuga ko igihe yakiniraga ikipe ya Real Madrid yahombeje igihugu cya Spain angana na Miliyoni £1.14.
Iki n’ikibazo kirimo kugenda gifata intera kuko umwaka ushize na Lionel Messi nawe yakatiwe gufungwa umwaka kubera kunyereza imisoro ariko atanga amafaranga kubera ntabindi byaha yakoze mu myaka 2 yari ishize .
Ubu noneho haravugwa ko na Christiano Ronaldo nawe akaba ashinjwa kunyereza imisoro bikaba byatumye afata icyemezo cyo kuva mu ikipe ya Real Madrid n’ubwo bivugwa ko Real Madrid azamwishyurira amande ariko agakomeza kuyikinira.
Ndayambaje F
2,941 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply