
Christiano Ronald agiye kugurishwa Miliyoni £880
— June 20, 2017

Please enter banners and links.
Perezida w’ikipe ya Real Madrid Florentino Perez nyuma y’uko Christiano Ronald avuze ko ashaka kuva mu ikipe yakiniraga agiye kugurishwa akayabo ka Miliyoni £880.
Ibitangazamakuru bikomeye ku isi muri siporo nka The Sun byagaragaje ko uyu mukinnyi azaba aciye agahigo ko kugurishwa amafaranga menshi mu mateka y’umupira w’amaguru.

Perezida wa Real Madrid Perez ari kumwe na Christiano Ronaldo

Christiano Ronaldo ushakishwa n’ikipe ya Manchester United bwa kabiri

Ikipe ya Manchester United ikaba ariyo imushaka cyane kurusha andi makipe hagakurikiraho ikipe ya PSG n’andi makipe nka Chelsea na Manchester City .
Ibi Perezida wa Real Madrid akaba yabitangarije radio imwe yo mu gihugu cya Spain yitwa Onda Cero:akaba yagize ati “sindavugana na Christiano Ronaldo kuva ubwo ikipe yatwaraga Champions League ,ibyo kugenda kwe mbyumva mu binyamakuru gusa ariko ikipe yumva ifite Miliyoni £880 izaze imutware.
Amakuru akaba avuga ko Christiano Ronaldo ufite Ballon d’Or 4 akaba yamaze kubwira ushinzwe kumushakira isoko ko agomba kumushakira indi kipe akava muri Real Madrid.Ibi bije nyuma yo kumushinja ko yanyereje imisoro ariko ikipe ya Real Madrid ikaba ivuga ko izamwishyurira iyo misoro n’amande azacibwa.
Ndayambaje F
2,959 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply