Ikipe ya Manchester United niyo ya mbere mu makipe akize ku isi
— June 8, 2017
Please enter banners and links.

Ikinyamakuru The Forbes gisanzwe gisohora urutonde rw’amakipe akize ku isi ku rusha ayandi ubu kikaba cyasohoye urutonde kuri uyu wa gatatu tariki 7 Kamena 2017 aho ikipe ya Manchester United ariyo yaje ku mwanya wa mbere ikurikirwa na Barcelona ndetse na Real Madrid.
Abantu batangiye kwibaza uburyo ikipe ya Manchester United iza imbere ya Real Madrid yatwaye igikombe cya Champions League inshuro 2 yikurikiranya ikaza imbere ya Barcelona nayo yagitwaye mbere y’uko Real Madrid ikisubiza inshuro 2 .

Ikipe ya Real Madrid abakinnyi bishimira gutwara igikombe cya Champions League 2017
Manchester United yatwaye igikombe cya Europa League abantu bakaba bibaza niba aricyo cyatumye iba iya mbere .
1 – Manchester United £2.86bn
2 – Barcelona £2.82bn
3 – Real Madrid £2.77bn
4 – Bayern Munich £2.1bn
5 – Manchester City £1.61bn
6 – Arsenal £1.5bn
7 – Chelsea £1.43bn
8 – Liverpool £1.15bn
9 – Juventus £976m
10 – Tottenham Hotspur £821m
11 – Paris Saint-Germain £652m
12 – Borussia Dortmund £626m
13 – AC Milan £621m
14 – Atletico Madrid £567m
15 – West Ham United £491m
16 – Schalke £487m
17 – Roma £441m
18 – Inter Milan £416m
19 – Leicester City £320m
20 – Napoli £294m
Ndayambaje F
2,615 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Leave a reply