Ranieri umutoza wa Leicester city amaze kwirukanwa
— February 23, 2017
Please enter banners and links.

Uyu munsi kuwa 23 Gashyantare 2017 ikipe ya Leicester city imaze kwirukana umutoza wayo Cladio Ranieri wayihisheje igikombe cya Shampiyona mu gihugu cy’Ubwongereza umwaka ushize.
Ubuyobozi bw’ikipe ya Leicester city bwafashe icyemezo cyo kumwirukana nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Sevilla ibitego 2 kuri kimwe mu gikombe cya Champions League ndetse ikaba irusha inota rimwe ikipe ya nyuma muri Shampiyona yo mu Bwongereza.
Iyi kipe imaze gutsinda imikino 5 gusa kuva iyi shampiyona yatangira hakaba hasigaye imikino 13 gusa kandi kuwa mbere izakina na Liverpool.
Ndayambaje F
2,512 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply