Charly na Nina bavuye muri Central Africa ariko ibyaho birasekeje
— February 24, 2017
Please enter banners and links.

Abahanzi Charly na Nina bavuye mu gihugu cya Centrel Africa gukorerayo igitaramo kubera muzika yabo ikunzwe cyane.
Igitaramo bagikoze ku munsi w’abakundanye kuwa 14 Gashyantare 2017 ariko Nina avuga ibyo muri icyo gihugu ukumva bisekeje.
Igihugu cya Central Africa n’igihugu kiri mu ntambara ndetse bamwe bakaba bari baragize impungenge ubwo aba bahanzi bari bagiye kujya muri icyo gihugu ariko Charly na Nina bayobowe na Muyoboke Alex baragiye bakora igitaramo kiza abaturage muri icyo gihugu barabyishimira cyane.

Umuhanzi Nina aganira n’Ikinyamakuru Umusingi yabajijwe urwego muzika yo mu gihugu cya Central Africa uhagaze agira ati “n’igihugu kiri mu ntambara nta byinshi namenye gusa twashoboye kumenya ko bafite abahanzi nka 5 gusa umwe muri bo niwe twakoranye igitaramo”.

Ibumoso ni Charly hagakurikiraho Nina ku batabazi
Igihugu cyose kumva ko gifite abahanzi 5 biba bisekeje ariko buriya 5 bashobora gukora neza bakaba benshi nkuko mu Rwanda byatangiye ari bake ubu bakaba ari benshi cyane.
Iki gihugu Perezida waho yarindwaga n’abasirikare babanyarwanda ikigaragaza ko u Rwanda rumaze kugera kure mu kurinda umutekano ndetse n’abahanzi bakaba bamaze kugera ku rwego mpuzamahanga.
Noella
2,755 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply