Infantino uyobora FIFA, arasura u Rwanda mu cyumweru gitaha">
Infantino uyobora FIFA, arasura u Rwanda mu cyumweru gitaha
— February 17, 2017
Please enter banners and links.

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, Gianni Infantino azaza mu Rwanda tariki ya 24 uku kwezi, aho azashyira ibuye ry’ifatizo mu gikorwa cyo kubaka hoteli ya FERWAFA.
Ganni Infantino biteganyijwe ko azagera mu Rwanda kuwa Gatanu w’icyumweru gitaha, tariki ya 24 Gashyantare 2017, ndetse azaba ari umushyitsi mukuru mu gikorwa cyo gutangiza imirimo yo kubaka hoteli ya FERWAFA kuwa Gatandatu tariki ya 25 uku kwezi.
Aganira n’urubuga rwa interineti rwa FERWAFA, Nzamwita Vincent De Gaulle uyobora iri shyirahamwe rya ruhago mu Rwanda, akaba yatangaje ko bishimiye kuzakira perezida wa FIFA ndetse bifuza kuzungukira muri uru rugendo azagirira i Kigali.
Perezida wa FIFA, Infantino akazabanza gutangiza inama ya FIFA izabera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, tariki ya 21 na 23 uku kwezi, yerekereze muri Zimbabwe mu birori byatuguwe na Philip Ciyangwa uyobora ZIFA, ndetse akaba yaratorewe kuyobora COSAFA mu mpera z’umwaka ushize, aho azava aza i Kigali tariki ya 24 Gashyantare 2016.
Iyi Hoteli y’inyenyeri 4 ikaba ari inkunga ya FIFA yageneye u Rwanda biciye mu mushinga w’iterambewe wiswe Goal, aho osiyete y’ubwubatsi y’abashinwa, CCECC Rwanda Ltd ariyo yatsindiye kubaka iyi hoteli. Imirimo yo kubaka izamara igihe cy’amezi 18, , ikazatwara hafi miliyari 3 na miliyoni 850 z’amafanga y’u Rwanda.
2,833 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply