Arsene Wenger AKkomeje kubabaza abafana ba Arsenal">
Arsene Wenger AKkomeje kubabaza abafana ba Arsenal
— February 17, 2017
Please enter banners and links.

Umutoza Arsene Wenger, nyuma yo kwandagazwa n’ikipe ya Fc Bayern Munich ku mugoroba washize ikipe ye igatsindwa ibitego 5-1, abafana bakomeje kugaragaza agahinda kabo ko bakeneye impinduka zihuse kuko umutoza wayo atagishoboye, gusa nkuko tubikesha igitangazamakuru BBC, uyu mutoza ibyo amaze gutangaza biciye intege abafana ku buryo budasanzwe.
Uyu musaza w’umufaransa ku myaka 67 ye, biteganijwe ko amasezerano ye agomba kurangira muri uyu mwaka mu kwezi kwa karindwi, gusa ubuyobozi bw’iyi kipe ya Arsenal, bwamaze kwemeza ko uyu musaza niba abishaka agomba guhabwa imyaka 2 y’inyongezo yo kumushimira ibikorwa byiza byose yagejeje kuri iyi kipe.
Andi makuru akomoka ku mwishywa wa Arsene Wenger aremeza ko uyu musaza agomba kongera amasezerano ntagihindutse muri iyi kipe y’i Londre, ibi akaba aribyo byababaje cyane abafana ba Arsenal bifuza kubona impinduka mu ikipe yabo cyane cyane ku byerekeye ubutoza.
2,670 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply