Umutoza wa Arsenal yahagaritswe imikino itatu
— January 25, 2017
Please enter banners and links.

Umutoza w’ ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yahanishijwe imikino igera kuri itandatu atagaragara ku ntebe y’ abatoza b’ ikipe ya Arsenal bitewe n’ amakosa yakoze ubwo batsindaga ikipe ya Burnley ibitego bibiri kuri kimwe mu cyumweru gishize.
Umukino uheruka wahuje ikipe ya Arsenal na Burnley warangiye ikipe ya Arsenal itsinze ibitego bibiri kuri kimwe ariko mu mukino hagati haza kugaragaramo igikorwa kitari kiza cy’ umutoza Arsene Wenger ubwo yasohorwaga mu kibuga akabyanga ahubwo agasunika umusifuzi wa kane.

Ikipe ya Arsenal yabanje gutsinda igitego mu mukino iza no guhabwa ikarita itukura yahawe Xhaka, umukino warakomeje haboneka penaliti ya Burnley ariyo yateye Wenger kwerekana amarangamutima ye ashaka kwerekana ko bari kubiba ibi byatumye ajya ku musifuzi wa kane ariwe Antony Taylor aburana ko bari kubiba.
Wenger akimara kuburana kwa Taylor yaje kwirukanwa ku ntebe y’ ubutoza ajyanwa mu rwambariro yanga kujyayo ahubwo asunik
mutoza w’ ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yahanishijwe imikino igera kuri itandatu atagaragara ku ntebe y’ abatoza b’ ikipe ya Arsenal bitewe n’ amakosa yakoze ubwo batsindaga ikipe ya Burnley ibitego bibiri kuri kimwe mu cyumweru gishize.
Umukino uheruka wahuje ikipe ya Arsenal na Burnley warangiye ikipe ya Arsenal itsinze ibitego bibiri kuri kimwe ariko mu mukino hagati haza kugaragaramo igikorwa kitari kiza cy’ umutoza Arsene Wenger ubwo yasohorwaga mu kibuga akabyanga ahubwo agasunika umusifuzi wa kane.
Ikipe ya Arsenal yabanje gutsinda igitego mu mukino iza no guhabwa ikarita itukura yahawe Xhaka, umukino warakomeje haboneka penaliti ya Burnley ariyo yateye Wenger kwerekana amarangamutima ye ashaka kwerekana ko bari kubiba ibi byatumye ajya ku musifuzi wa kane ariwe Antony Taylor aburana ko bari kubiba.
Wenger akimara kuburana kwa Taylor yaje kwirukanwa ku ntebe y’ ubutoza ajyanwa mu rwambariro yanga kujyayo ahubwo asunikana n’ umusifuzi ashaka gukurikirana umukino.
Mu kiganiro n’ itangazamakuru nyuma y’ umukino Wenger yatangaje ko yicuza ibyo yakoze anabisabira imbabazi abakunzi ba Arsenal yongeraho ko ategereje imyanzuro azafatirwa.
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Bwongereza ryamaze gushyira hanze bimwe mu bihano bahannye umutoza Arsene Wenger aho byanzuwe ko agomba kumara imikino igera kuri itandatu adatoza imikino ya Arsenal yicaye ku ntebe y’ubutoza.
ana n’ umusifuzi ashaka gukurikirana umukino.
Mu kiganiro n’ itangazamakuru nyuma y’ umukino Wenger yatangaje ko yicuza ibyo yakoze anabisabira imbabazi abakunzi ba Arsenal yongeraho ko ategereje imyanzuro azafatirwa.
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Bwongereza ryamaze gushyira hanze bimwe mu bihano bahannye umutoza Arsene Wenger aho byanzuwe ko agomba kumara imikino igera kuri itandatu adatoza imikino ya Arsenal yicaye ku ntebe y’ubutoza.
mutoza w’ ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yahanishijwe imikino igera kuri itandatu atagaragara ku ntebe y’ abatoza b’ ikipe ya Arsenal bitewe n’ amakosa yakoze ubwo batsindaga ikipe ya Burnley ibitego bibiri kuri kimwe mu cyumweru gishize.
Umukino uheruka wahuje ikipe ya Arsenal na Burnley warangiye ikipe ya Arsenal itsinze ibitego bibiri kuri kimwe ariko mu mukino hagati haza kugaragaramo igikorwa kitari kiza cy’ umutoza Arsene Wenger ubwo yasohorwaga mu kibuga akabyanga ahubwo agasunika umusifuzi wa kane.
Ikipe ya Arsenal yabanje gutsinda igitego mu mukino iza no guhabwa ikarita itukura yahawe Xhaka, umukino warakomeje haboneka penaliti ya Burnley ariyo yateye Wenger kwerekana amarangamutima ye ashaka kwerekana ko bari kubiba ibi byatumye ajya ku musifuzi wa kane ariwe Antony Taylor aburana ko bari kubiba.
Wenger akimara kuburana kwa Taylor yaje kwirukanwa ku ntebe y’ ubutoza ajyanwa mu rwambariro yanga kujyayo ahubwo asunikana n’ umusifuzi ashaka gukurikirana umukino.
Mu kiganiro n’ itangazamakuru nyuma y’ umukino Wenger yatangaje ko yicuza ibyo yakoze anabisabira imbabazi abakunzi ba Arsenal yongeraho ko ategereje imyanzuro azafatirwa.
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Bwongereza ryamaze gushyira hanze bimwe mu bihano bahannye umutoza Arsene Wenger aho byanzuwe ko agomba kumara imikino igera kuri itandatu adatoza imikino ya Arsenal yicaye ku ntebe y’ubutoza.
M.Fils
2,746 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply