umu amakuru-  Umutoza wa Arsenal yahagaritswe imikino itatu | Umusingi

e8f2779682fd11fa2067beffc27a9192  Umutoza wa Arsenal yahagaritswe imikino itatu

Please enter banners and links.

e8f2779682fd11fa2067beffc27a9192

 

Umutoza w’ ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yahanishijwe imikino igera kuri itandatu atagaragara ku ntebe y’ abatoza b’ ikipe ya Arsenal bitewe n’ amakosa yakoze ubwo batsindaga ikipe ya Burnley ibitego bibiri kuri kimwe mu cyumweru gishize.

Umukino uheruka wahuje ikipe ya Arsenal na Burnley warangiye ikipe ya Arsenal itsinze ibitego bibiri kuri kimwe ariko mu mukino hagati haza kugaragaramo igikorwa kitari kiza cy’ umutoza Arsene Wenger ubwo yasohorwaga mu kibuga akabyanga ahubwo agasunika umusifuzi wa kane.

e8f2779682fd11fa2067beffc27a9192

Ikipe ya Arsenal yabanje gutsinda igitego mu mukino iza no guhabwa  ikarita itukura yahawe Xhaka, umukino warakomeje haboneka penaliti ya Burnley ariyo yateye Wenger kwerekana amarangamutima ye ashaka kwerekana ko bari kubiba ibi byatumye ajya ku musifuzi wa kane ariwe Antony Taylor aburana ko bari kubiba.

Wenger akimara kuburana kwa Taylor yaje kwirukanwa ku ntebe y’ ubutoza ajyanwa mu rwambariro yanga kujyayo ahubwo asunik

mutoza w’ ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yahanishijwe imikino igera kuri itandatu atagaragara ku ntebe y’ abatoza b’ ikipe ya Arsenal bitewe n’ amakosa yakoze ubwo batsindaga ikipe ya Burnley ibitego bibiri kuri kimwe mu cyumweru gishize.

Umukino uheruka wahuje ikipe ya Arsenal na Burnley warangiye ikipe ya Arsenal itsinze ibitego bibiri kuri kimwe ariko mu mukino hagati haza kugaragaramo igikorwa kitari kiza cy’ umutoza Arsene Wenger ubwo yasohorwaga mu kibuga akabyanga ahubwo agasunika umusifuzi wa kane.

Ikipe ya Arsenal yabanje gutsinda igitego mu mukino iza no guhabwa  ikarita itukura yahawe Xhaka, umukino warakomeje haboneka penaliti ya Burnley ariyo yateye Wenger kwerekana amarangamutima ye ashaka kwerekana ko bari kubiba ibi byatumye ajya ku musifuzi wa kane ariwe Antony Taylor aburana ko bari kubiba.

Wenger akimara kuburana kwa Taylor yaje kwirukanwa ku ntebe y’ ubutoza ajyanwa mu rwambariro yanga kujyayo ahubwo asunikana n’ umusifuzi ashaka gukurikirana umukino.

Mu kiganiro n’ itangazamakuru nyuma y’ umukino Wenger yatangaje ko yicuza ibyo yakoze anabisabira imbabazi abakunzi ba Arsenal yongeraho ko ategereje imyanzuro azafatirwa.

Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Bwongereza ryamaze gushyira hanze bimwe mu bihano bahannye umutoza Arsene Wenger aho byanzuwe ko agomba kumara imikino igera kuri itandatu adatoza imikino ya Arsenal yicaye ku ntebe y’ubutoza.

ana n’ umusifuzi ashaka gukurikirana umukino.

Mu kiganiro n’ itangazamakuru nyuma y’ umukino Wenger yatangaje ko yicuza ibyo yakoze anabisabira imbabazi abakunzi ba Arsenal yongeraho ko ategereje imyanzuro azafatirwa.

Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Bwongereza ryamaze gushyira hanze bimwe mu bihano bahannye umutoza Arsene Wenger aho byanzuwe ko agomba kumara imikino igera kuri itandatu adatoza imikino ya Arsenal yicaye ku ntebe y’ubutoza.

mutoza w’ ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yahanishijwe imikino igera kuri itandatu atagaragara ku ntebe y’ abatoza b’ ikipe ya Arsenal bitewe n’ amakosa yakoze ubwo batsindaga ikipe ya Burnley ibitego bibiri kuri kimwe mu cyumweru gishize.

Umukino uheruka wahuje ikipe ya Arsenal na Burnley warangiye ikipe ya Arsenal itsinze ibitego bibiri kuri kimwe ariko mu mukino hagati haza kugaragaramo igikorwa kitari kiza cy’ umutoza Arsene Wenger ubwo yasohorwaga mu kibuga akabyanga ahubwo agasunika umusifuzi wa kane.

Ikipe ya Arsenal yabanje gutsinda igitego mu mukino iza no guhabwa  ikarita itukura yahawe Xhaka, umukino warakomeje haboneka penaliti ya Burnley ariyo yateye Wenger kwerekana amarangamutima ye ashaka kwerekana ko bari kubiba ibi byatumye ajya ku musifuzi wa kane ariwe Antony Taylor aburana ko bari kubiba.

Wenger akimara kuburana kwa Taylor yaje kwirukanwa ku ntebe y’ ubutoza ajyanwa mu rwambariro yanga kujyayo ahubwo asunikana n’ umusifuzi ashaka gukurikirana umukino.

Mu kiganiro n’ itangazamakuru nyuma y’ umukino Wenger yatangaje ko yicuza ibyo yakoze anabisabira imbabazi abakunzi ba Arsenal yongeraho ko ategereje imyanzuro azafatirwa.

Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Bwongereza ryamaze gushyira hanze bimwe mu bihano bahannye umutoza Arsene Wenger aho byanzuwe ko agomba kumara imikino igera kuri itandatu adatoza imikino ya Arsenal yicaye ku ntebe y’ubutoza.

 

M.Fils

 

2,666 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.