umu amakuru-  Ikipe ya Liverpool FC itsinze Watford ibitego 6 kuri 1 ijya ku mwanya wa mbere | Umusingi

Liverpool-v-Swansea  Ikipe ya Liverpool FC itsinze Watford ibitego 6 kuri 1 ijya ku mwanya wa mbere

Please enter banners and links.

Liverpool-v-Swansea

 

Mu gihugu cy’Ubwongereza shampiyona y’ikiciro cya mbere igeze ahakomeye cyangwa aho wakwita ko haryoshye aho ikipe ya Liverpool FC inyagiye Watford ibitego 6 kuri 1 igahita iba iya mbere n’amanota 26.

jordan-henderson

Ikipe ya Chelsea ejo kuwa  gatandatu  yatsinze Everton ibitego 5 byose kubusa naho Man City yanganyije na Middlesbrough igitego kimwe ku kindi ,ubu Man City ikaba ari ku mwanya wa 3 ariko iyo Arsenal uyu munsi Ku cyumweru taliki 6 Ugushyingo 2016 itsinda Tottenham Hotspur yari kuba iya 2 Chelsea ikaba iya 3 Man City ikaba iya 4 ariko kubera ko Arsenal yanganyije na Tottenham Hotspur byatumye ijya kumwanya wa 4 nyuma ya Man City.

Liverpool FC ifite amanota 26

Chelsea FC ifite amanota 25

Man City ifite amanota 24

Arsenal ifite amanota 24 zirarushanwa ibitego

Tottenham Hotspur ifite amanota 21

Manchester United ifite amanota 18 ikaba inganya na Everton

Ndayambaje F

 

 

2,566 total views, 1 views today

About author

Related Articles

Leave a reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.