Liverpool igiye gukina na Barcelona yayitsinze 3 ku busa ishaka gukora amateka nkayo yakoze 2005 itwara igikombe cya Champions League .Ese birashoboka idafite Sarah na Firmino ?
— May 7, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC igiye gukina umukino wishiraniro n’ikipe ya Barcelona irimo kizigenza ku isi Lionel Messi na Suarez wavuye muri Liverpool ndetse na Coutinho nawe wavuye muri Liverpool.
Umukino ubanza Barcelona iri mu rugo yakiriye ikipe ya Liverpool iyitsinda ibitego 3 ku busa ariko uyu munsi Liverpool ikaba ifite ikizere ko iri bukore amateka igatsinda Barcelona iri ku kibuga cya Liverpool.



Sarah wa Liverpool utaribukine



Liverpool yarushije Barcelona gukina neza ndetse yarayatatse bikomeye ahubwo ibura amahirwe bityo uyu munsi abakinnyi ba Liverpool n’umutoza Jurgen Klopp bakaba bagiye mu kibuga biyemeje gukora amateka aho bavuga ko byose bishoboka ko na Roma yatsinze iyi kipe ibitego 3.
Ikipe itsinda uyu munsi ikaba izajya final igategereza izatsinda ejo hagati ya Ajax na Spurs .



3,278 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply