Liverpool igiye gukina na Barcelona yayitsinze 3 ku busa ishaka gukora amateka nkayo yakoze 2005 itwara igikombe cya Champions League .Ese birashoboka idafite Sarah na Firmino ?
— May 7, 2019
Please enter banners and links.

Ikipe ya Liverpool FC igiye gukina umukino wishiraniro n’ikipe ya Barcelona irimo kizigenza ku isi Lionel Messi na Suarez wavuye muri Liverpool ndetse na Coutinho nawe wavuye muri Liverpool.
Umukino ubanza Barcelona iri mu rugo yakiriye ikipe ya Liverpool iyitsinda ibitego 3 ku busa ariko uyu munsi Liverpool ikaba ifite ikizere ko iri bukore amateka igatsinda Barcelona iri ku kibuga cya Liverpool.



Sarah wa Liverpool utaribukine



Liverpool yarushije Barcelona gukina neza ndetse yarayatatse bikomeye ahubwo ibura amahirwe bityo uyu munsi abakinnyi ba Liverpool n’umutoza Jurgen Klopp bakaba bagiye mu kibuga biyemeje gukora amateka aho bavuga ko byose bishoboka ko na Roma yatsinze iyi kipe ibitego 3.
Ikipe itsinda uyu munsi ikaba izajya final igategereza izatsinda ejo hagati ya Ajax na Spurs .



3,376 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply