Liverpool yasubiye ku mwanya wa mbere ,Chelsea iratsindwa na Man United isezererwa muri FA mu gihe Ospina yahwereye ari mu kibuga ajyanwa mu bitaro
— March 17, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru y’imikino kuri iki cyumweru tariki ya 17 Werurwe 2019 mu Bwongereza Liverpool FC nyuma yo gutsinda ikipe ya Fuluham ibitego 2 kuri kimwe iyisanze iwayo yahise isubira ku mwanya wa mbere .
Liverpool ikaba ifite amanota 76 ikinnye imikino 31 mu gihe indi zikubanye kuri uwo mwanya wa mbere no gushakisha igikombe Man City ifite amanota 74 ariko yo ikinnye imikino 30 mu gihe Liverpool imaze gukina imikino 31.
Birakomeye aho abantu bibaza ngo Liverpool zatwara igikombe cya Shampiyona?cyangwa Man City izongera igitware kubera ko ubu nizo kipe zihatanira igikombe izindi zirarwanira kuza muri 4 za mbere.

Liverpool FC itsinda Fuluham

Chelsea itsindwa na Everton FC ibitego 2 ku busa
Manchester United nayo yakinnye ejo kuwa gatandatu na Wolves ,Man United ikaba yaratsinzwe muri FA ihita isezererwa ikaba ari ku mwanya wa 5 ku rutonde rwa shampiyona mu gihe Arsenal iherutse gutsinda Man United iri ku mwanya wa 4 Chelsea imaze gutsindwa ikaba ari ku mwanya wa 6 isa nimaze gusezera kuza muri 4 za mbere zizakina Champions League sezo itaha.
Uwohoze ari umunyezamu wa Arsenal witwa Ospina uri ku ntizanyo mu ikipe ya Napoli akaba yahwereye ari mukibuga ajyanwa kwa muganga ameze nabi.

Ospina atwarwa kwa Muganga


Ibi byabaye mu gihe ikipe ya Napoli yakinaga na Udinese maze umukinnyi wa Udinese witwa Ignacio yagonganye na Ospina akomereka umutwe agwa mu kibuga arahwera bahamukura ameze nabi bamujyana mu bitaro.
Ndayambaje F
3,533 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply