Dr.Col.Kiiza Besigye yagiriye inama aba People Power ya Bobi Wine ko maneko wa Museveni abarimo bakwiye kumwirukana
— March 17, 2019
Please enter banners and links.

Dr.Col.Kiiza Besigye yavuze ko bavuga ko we na Perezida Museveni ari bamwe ariko ngo abantu baba bakwiye kumenya abakorana na Museveni bitewe n’ibikorwa byabo.
Dr.Kiiza Besigye ibi akaba yabivugiye kuri Radio imwe mu Mujyi wa Jinja muri Uganda aho yavuze ko People Power ya Bobi Wine bakwiye kumenya ko Dr.Obedi Bwanika ko ari maneko wa Museveni ukomeye.

Dr.Col.Besigye akaba yavuze ko Dr.Obedi Bwanika wa People’s Development Party (PDP)ari maneko ikomeye ya Museveni ndetse igihe Museveni yarahiraga kuyobora Uganda nyuma y’amatora ya Perezida yabaye muri 2011 Kololo ,Obedi Bwanika yari uwa mbere kwihutira kujya mu muhango nk’umuntu wagaragaje kwishimira Museveni kandi ari uwo muri Opozisiyo.

Dr.Obedi Bwanika uvugwa ko ari maneko wa Museveni
Abanyapolitike batandukanye ubu barimo kujya muri People Power kubera uburyo ikunzwe cyane ikaba iyobowe na Bobi Wine umudepite wa Kyadondo East akaba n’umuhanzi ukomeye muri Uganda ikaba ariyo mpamvu Dr.Kiiza Besigye yabwiraga ko bakwiye kwirinda Dr.Bwanika Obedi.
3,851 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply