Ronaldinho yamaze gutangaza ko agiye kwiyamamariza kuba Sinateri iwabo muri Brazil
— December 14, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Brazil ni uko icyamamare mu mupira w’amaguru Ronaldinho Gaucho watwaye igikombe cy’isi 2002 akinira ikipe y’igihugu ya Brazil yamaze gutangaza ko umwaka utaha wa 2018 azayimamariza kuba Umusinateri iwabo Minas Gerais.
Nkuko ibitangazamakuru bitandukanye muri Brazil nka O Globo byabitangaje kuri uyu wa 14 Ukuboza 2017 byavuze ko azaba ahagarariye Ishyaka ryitwa Patriota Party ryahoze ryitwa National Ecologic Party/PEN .

Ronaldinho Gaucho ubwo yari akigikina ruhago abica bigacika

Ronaldinho ari kumwe Jair Bolsonaro uzayamamariza kuba Perezida wa Brazil
Ibi byatangajwe nyuma yo kubona uyu Ronaldinho Gaucho yahuye na Jair Bolsonaro wamaze kwemezwa kuziyamamariza kuba Perezida wa Brazil muri 2018 ndetse barifotoranya.
Bivuze ko Ronaldinho aziyamamariza kuba Umusinateri ari uko uyu Jair Bolsonaro azaba yatsinze mu kwezi kwa gatatu umwaka utaha wa 2018.
Amatora muri Brazil akaba ateganyijwe ko azaba mu kwezi kwa cumi 2018 bityo Ronaldinho Gaucho agasezera ibya ruhago akinjira politike.
3,130 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply