Bizimana Djihad ashobora kutazakinira Amavubi mu mukino wo kwishyura uzayihuza na Ethiopia.
— November 8, 2017
Please enter banners and links.

Mu bakinnyi bari bahamagawe n’umutoza w’ikipe y’Igihu Amavubi Antoine Hey,na Bizimna Djihad yahamagawe mbere ,mu gufasha ikipe y’u Rwanda gutsinda ikipe ya Ethiopia mu gushaka itike ya CHAN 2018 umukino wabereye muri Ethiopia.
Nkuko bikomeje bivugwa kuri Bizimana Djihad ko atazakinira Amavubi,ibi bivuzwe nyuma yaho uyu mukinnyi yahabwaga ikarita itukura ubwo ikipe y’Amavubi yakinaga na Congo,akaba yongeye kubona indi karita muri iki cyumweru bakina na Ethipia,ibi bikazaba imbogamizi kuri uyu mukinnyi Bizimana Djihad.
Taliki 4 Ugushyingo 2017 nibwo ikipe y’Igihugu Amavubi yagombaga gukina na Ethipia,Uyumukino wari ukomeye cyane ku bihugu byombi,dore ko habonetse ibitego 5 kumpande zombi 2 by’ikipe ya Ethiopia ndetse na 3 by’Amavubi.

Ku ruhande rw’u Rwanda abakinnyi bagize uruhare mu gutsinda ibibitego 3 harimo Rutanga Eric ukinira Rayon Sports, Biramahire Abeddy wa Police FC ndetse na Hakizimana Muhadjili wa APR Fc,ku bintu byashimishije Abanyarwanda.
Iyi kipe ya Ethiopia yokomeje gusatira bikomeye ikipe y’u Rwanda kumunota wa 18, bafungura amazamu ku gitego cyiza cyane cyatsinzwe na Asechalew Girma ku mupira yahawe na Mesude Mohammed amaze gucenga abakinnyi bagera kuri 3.
Igitego cya 2 Muhadjili Hakizimana niwe waje kugitsinda ku munota wa 78, nyuma igitego cya 3 cyatsinzwe na Biramahire Abeddy ku munota wa 80 umukino urangira kuri3-2 intsinzi itahana Amavubi.
Dvid Mayira/Umusingi.net
2,901 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply