Inkuru Ivuguruye :Umuyobozi w’ikigo cya Kayonza Vocational School arafunze azira gusambanya umukobwa ku gahato
— October 27, 2017
Please enter banners and links.

Ikinyamakuru Umusingi kiseguye ku basomyi bacyo n’abandi bose ko twibeshye ku mazina n’ifoto by’umuvugizi wa Polisi y’Igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba, inkuru ikaba yavuguruwe.
Amakuru agera ku Kinyamakuru Umusingi aravuga ko umuyobozi w’ikigo kigisha imyuga Kayonza Vocational School ari mu maboko ya polisi aho ashinjwa gusambanya umukobwa kugahato.
Amakuru avuga ko uyu muyobozi w’iki kigo witwa Ayebare Yufi Sam ufite ubwenegihugu bwa Uganda yafashwe Kuwa gatanu tariki 18 Ukwakira 2017 afatirwa muri hotel ya Gatsibo.
Ikinyamakuru Umusingi cyavuganye n’umukobwa uvugwa ko yasambanyijwe ku gahato tutashatse kuvuga amazina ye tumwibwiye ko tari abanyamakuru twifuza ko yatubwira uburyo yafasambanyijwe ku gahato kandi barinjiranye mu cyumba cya hotel ati “ndabavugisha mukanya”.
Ikinyamakuru Umusingi cyabajije Umuvigizi wa Polisi y’igihugu mu Ntara y’Iburasirazuba IP. Jean de Dieu Kayihura maze yemeza ko Ayebare Yufi Sam afunzwe koko ndetse ejo Kuwa mbere akaba aribwo azashyikirizwa Inkiko.
Gusa abantu barimo kwibaza uburyo umukobwa ugejeje imyaka y’ubukure ajyana n’umugabo muri hotel bagafata icyumba abizi nyuma akavuga ko umugabo yamusambanyije ku ngufu.
Gatera Stanley
2,737 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply