Bimwe mu bice byo muri Kenya mu matora y’umukuru w’Igihugu barasinziraga babuze abantu baza gutora
— October 27, 2017
Please enter banners and links.

Kuwa 26 Ukwakira 2017 muri Kenya bazindukiye mu gikorwa cyo kongera gutora umukuru w’Igihugu ariko uduce tumwe na tumwe banze gutora kubera Raila Odinga yanze kongera kwiyamamaza.
Hamwe na hamwe abanyamakuru bakurikiranaga ayo matora yasubiwemo basangaga abashinzwe gutoresha muri utwo duce basinziriye kubera kubura abantu.
Nkuko bigaragara ku mafoto yahafatiwe muri utwo duce wasangaga inkoko n’imbwa aribyo birimo gucaracara ahagombaga gutorerwa.

Hano abashinzwe gutoresha basinzira

izi n’inkoko zacaracaraga aho bagombaga gutorera

Aya matora avugwaho byinshi aho bamwe bavuga ko ashobora guteza akaduruvayo ndetse kugeza ubu hakaba hamaze gupfa abantu 3.



Abigaragambyaga batwika amapine
Raila Odinga avuga ko yibwe amajwi ko ariwe wari watsinze nyuma yahoo urukiko rwikirenga rutegetse ko mu matora habayemo kwiba amajwi rutegeka ko amatora asubirwamo ariko Odinga asaba ko Komisiyo y’Igihugu y’Amatora ihindurirwa abayobozi kuko n’ubundi bazongera kumwibisha amajwi ati “nibahindura abayobozi ba Komisiyo y’Igihugu y’Amatora sinzongera kwiyamamaza”.
Odinga akaba yaragaragaye mu bitangazamakuru ahamagarira abayoboke be kutitabira amatora ,ubu abantu bakaba bafite impungenge ko muri icyo gihugu hashobora kwaduka imirwano ikomeye dore ko ejo ubwo bamwe batoraga abandi bari mu myigaragambyo yo kwamagana igikorwa cy’amatora batwika amapine y’imodoka no guterana amabuye n’abasirikare.
Muhungu John –Kampala
2,408 total views, 1 views today

AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uganda :Abanyarwanda batangij e ishuri ryigisha Umuco Nyarwanda Indashyikirwa International School
Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Hagaragaye abakobwa beza cyane bafite imyambarire itangaje mu birori bya Bad Black bitangaza abantu aho baturutse (Amafoto)
Leave a reply