Saido Mane,Salah na Coutinho bashwanyaguje ikipe ya Bayern Munich Liverpool itsinda 3 ku busa
— August 3, 2017
Please enter banners and links.

Saido Mane ukinira ikipe ya Liverpool Kuwa 1 Kanama 2017 yerekanye ubuhanga bwe ubwo yacengaga abakinnyi b’ikipe ya Bayern Munich bose akabasiga baryamye hasi agatsinda igitego kiza cyatumye abantu bemeza ko ari umuhanga.
Ikipe ya Liverpool yatsinze ibitego 3-0 ,abantu batangira kuvuga ko Liverpool yeretse abakeba barimo Manchester United ,Arsenal,Manchester City na Chelsea ko yiteguye bikomeye guhangana nazo ku bikombe byose.
Igitego cya mbere cya Liverpool cyatsinzwe na Saido Mane icya kabiri gitsindwa na Salah icya nyuma gitsindwa na Sturrdge wahise agira imvune arasimburwa.

Sturridge atsinda igitego

Salah nawe yatsinze igitego


Umutoza wa Liverpool Klopp

Coutinho na Saido Mane

Ikipe ya Liverpool ikaba itaratsindwaho kuva yatangira gukina muri pre season.
Ikipe ya Liverpool ikaba yatangiye gutera ubwoba andi makipe kubera abakinnyi bayo barimo Coutinho ,Saido Mane na Salah ndetse na Ings ubu wakize imvune yamazemo umwaka wose ndetse na Sturridge.
Ndayambaje F
2,354 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply