Olivier Karekezi wari wishimiwe gutoza ikipe ya Rayon Sports yambuwe umwanya yari yahawe w’ubutoza
— July 23, 2017
Please enter banners and links.

Olivier Karekezi wari wagizwe umutoza Mukuru wa Rayon Sports hamwe n’abari bamwungirije, muri iki cyumweru yambuwe uyu mwanya ushyirwa ku isoko nyuma y’aho inama y’umuryango wa Rayon Sports yemeje ko yahawe akazi mu buryo bunyuranyije n’amabwiriza.
Inama y’umuryango wa Rayon Sport yateraniye ku cyicaro cyayo kuri uyu wa 21 Nyakanga 2017 yavuze ko hashingiwe ku mategeko shingiro agenga iyi kipe, mu ngingo ya 28, ivuga ko komite nyobozi ariyo ishinzwe “gushaka, gushyiraho no gusezerera abakozi bo mu nzego zinyuranye z’umuryango”, uyu mwanya usubijwe ku isoko.

Itangazo ubuyobozi bw’iyi kipe bwashyize ahagaragara rivuga ko abifuza gutoza iyi kipe bagomba kugeza ibyangombwa byabo ku cyicaro gikuru cy’umuryango, nyuma komisiyo yashyizweho ishinzwe igura n’igurisha ikaba ariyo izahitamo umutoza mwiza mu bazaba basabye akazi.
Umutoza Karekezi Olivier yari yahawe akazi n’ubuyobozi bwa Rayon Sports FC asimbuye Masoudi Djuma weguye ku gutoza iyi kipe.
2,508 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply