
Ikipe ya Arsenal yakoze amateka igura umukinnyi uyihenze Alexandre Lacazette
— July 5, 2017

Please enter banners and links.
Uyu munsi Kuwa 5 Nyakanga 2017 abafana b’ikipe ya Arsenal FC bari mubyishimo bikomeye nyuma y’umutoza wabo Arsene Wenger kugura rutahizamu uhenze kuko mu mateka yiyi kipe yari itaraguraho umukinnyi uhenze nka Alexandre Lacazette waguzwe Miliyoni £52.




Alexandre Lacazette w’imyaka 26 yaguzwe mu ikipe ya Lyon akaba yasinye amasezerano yo gukinira Arsenal imyaka 5.
Umutoza Arsene Wenger n’ubwo yaguze rutahizamu bakeka ko ari mwiza ariko umutoza akaba atarishimiwe n’abafana kubera uburyo iyi kipe yatsinzwe imikino myinshi sezo ishize ndetse ikananirwa kuza mu ikipe enye za mbere ikaba itazakina na Champions League.
N’ubwo arimo kugura abakinnyi bahenze ariko biravugwa ko ashobora kubura abandi bakinnyi bari bakunzwe muri iyi kipe ya Arsenal barimo Sanchez ushobora kwerekeza mu ikipe ya Manchester City aho azasangayo uwahoze ari mutoza we mu ikipe ya Barcelona ndetse na Olivier Giroud akaba ashobora kwerekeza mu ikipe ya Everton FC kandi yarakomeje kubarokora byakomeye.
Ikipe ubu zirimo kugura abakinnyi kugirango zitegure sezo itaha izataangira mu kwezi kwa munani aho buri kipe ishaka gutwara igikombe.
Alexandre Lacazette ikaba amaze kuba umukinnyi urusha abandi ibitego byinshi muri League 1 mu Burafaransa inshuro eshatu zose ndetse yabaye n’umukinnyi w’umwaka.
Ndayambaje F
2,759 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply