Dr.Frank Habineza yavuye mu gihugu cya Uganda aho yavugiye ku maradiyo atandukanye ashakayo amajwi
— July 5, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru yageze ku kinyamakuru Umusingi aravuga ko Dr.Frank Habineza uzahagararira Ishyaka rya Green Party mu matora yo kuyobora Repabulika y’uRwanda mu matora yo mukwezi gutaha amaze iminsi mu gihugu cya Uganda aho yari agiye gushakayo amajwi yo kumutora.
Dr.Frank Habineza wizeye gutsinda amatora ubwo yari muri Uganda mu cyumweru gishize yumvikanye kuri radio yitwa CBS FM avuga mu rurimi rw’ikigande.
Yumvikanye abwira abantu ko ariwe wenyine uzazana impinduka mu gihugu ko ariwe bakwiye gutora ndetse ababwira ko bakwiye kwiyandikisha ku rutonde rw’abazatora kugirango bazatore neza ntihazagire ubuzwa gutora.
Impinduka zimwe yavugaga azahindura harimo kubakira abasirikare amazu yo kubamo ,guha abaturage urubuga rwo guhinga ibyo bashaka n’ibindi byinshi.
Tubibutse ko Dr.Frank Habineza uhagarariye Ishyaka rya Green Party na Perezida Kagame aribo bonyine bamaze kwemezwa by’agateganyo na Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kuziyamamariza kuyobora u Rwanda.
2,978 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply