
Umukinnyi Angel Di Maria yakatiwe igifungu cy’umwaka ari muri gereza
— June 21, 2017

Please enter banners and links.
Umukinnyi Angel Di Maria ubu ukinira ikipe ya Paris Saint-Germain yakatiwe igifungo cy’umwaka wose ari muri gereza ndetse acibwa amande angana na Miliyoni £1.76 kubera kunyereza imisoro inshuro 2 zose.

Angel Dimaria

Lionel Messi ari mu rukiko
Uyu mukinnyi wakiniyeho ikipe ya Manchester United igihe gito akahava yemeye icyaha ahabwa igihano cy’umwaka ariko mu gihugu cya Spain iyo nta kindi cyaha wari wakora mu myaka 2 iba ishize ntago ufungwa ahubwo wishyuramo amafaranga.
Kunyereza imisoro ashinjwa igihe yavaga muri Real Madrid yerekeza mu ikipe ya Man U ndetse Ikinyamakuru The dailymaily.co.uk kivuga ko igihe yakiniraga ikipe ya Real Madrid yahombeje igihugu cya Spain angana na Miliyoni £1.14.
Iki n’ikibazo kirimo kugenda gifata intera kuko umwaka ushize na Lionel Messi nawe yakatiwe gufungwa umwaka kubera kunyereza imisoro ariko atanga amafaranga kubera ntabindi byaha yakoze mu myaka 2 yari ishize .
Ubu noneho haravugwa ko na Christiano Ronaldo nawe akaba ashinjwa kunyereza imisoro bikaba byatumye afata icyemezo cyo kuva mu ikipe ya Real Madrid n’ubwo bivugwa ko Real Madrid azamwishyurira amande ariko agakomeza kuyikinira.
Ndayambaje F
2,831 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply