Rwatubyaye Abdul agiye kugaruka mu Rwanda">
Rwatubyaye Abdul agiye kugaruka mu Rwanda
— February 8, 2017
Please enter banners and links.

Rwatubyaye Abdul wahoze mu ikipe ya Rayon Sports akaza kuyivamo mu buryo budasobanutse atarangije amasezerano, biravugwa ko yaba agiye kugaruka muri iyi kipe nyuma yaho aburiye amahirwe mu gihugu cya Turkey.
Rwatubyaye Abdul ni umukinnyi wakuriye mu ikipe ya APR FC aza kuyivamo yerekeza muri Rayon Sports aho yasinye amasezerano y’ umwaka umwe ariko yumvikana niyi kipe ko naramuka abonye ahandi hakomeye azajyayo agakina ntakabuza.
Rwatubyaye wabaye umugani mu bafana ba Rayon Sports kugeza naho bamwe mu bahanzi bamuririmbye bamugereranya n’ ikiryabarezi mu ikipe ya Rayon Sports yaje guhita yerekeza ku mugabane w’ iburayi nta mukino numwe akiniye ikipe ya Rayon Sports yari imaze kumusinyisha imuguze kwa mukeba wayo APR FC.
Rwatubyaye akimara kuva mu Rwanda byatangajwe ko agiye ku mugabane w’ iburayi inkuru zirandikwa mu bitangazamakuru bivuga ko yihishe abandi ko bamubona hirya no hino atigeze ava mu Rwanda.
Amakuru yaje kuba mpamo bigaragaza ko umukinnyi Rwatubyaye ari mu gihugu cya Turkey aho yarari mu igeragezwa mu ikipe yaho yo mu cyiciro cya mbere yitwa Istanbul Basaksehir iri no ku mwanya wa kabiri kuri ubu .
Iyi kipe ya Basaksehir yari imaze igihe ifite uyu musore Rwatubyaye ari naho akorera imyitozo ye ya buri munsi. Amakuru agera kuri EAchamps biturutse ku nshuti ze za hafi no mu muryango we ni uko uyu musore yaba agiye kugaruka mu ikipe ya Rayon Sports nyuma yaho muri Turkey byangiye kuko ikipe ya Istanbul Basaksehir idakeneye ba myugariro ahubwo ishaka abakinnyi bataha izamu.
2,815 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Mayor wa Kamonyi UDAHEMUKA Aimable yeguye ku kazi kubera impamvu zikomeye
Leave a reply