Rwatubyaye Abdul agiye kugaruka mu Rwanda">
Rwatubyaye Abdul agiye kugaruka mu Rwanda
— February 8, 2017
Please enter banners and links.

Rwatubyaye Abdul wahoze mu ikipe ya Rayon Sports akaza kuyivamo mu buryo budasobanutse atarangije amasezerano, biravugwa ko yaba agiye kugaruka muri iyi kipe nyuma yaho aburiye amahirwe mu gihugu cya Turkey.
Rwatubyaye Abdul ni umukinnyi wakuriye mu ikipe ya APR FC aza kuyivamo yerekeza muri Rayon Sports aho yasinye amasezerano y’ umwaka umwe ariko yumvikana niyi kipe ko naramuka abonye ahandi hakomeye azajyayo agakina ntakabuza.
Rwatubyaye wabaye umugani mu bafana ba Rayon Sports kugeza naho bamwe mu bahanzi bamuririmbye bamugereranya n’ ikiryabarezi mu ikipe ya Rayon Sports yaje guhita yerekeza ku mugabane w’ iburayi nta mukino numwe akiniye ikipe ya Rayon Sports yari imaze kumusinyisha imuguze kwa mukeba wayo APR FC.
Rwatubyaye akimara kuva mu Rwanda byatangajwe ko agiye ku mugabane w’ iburayi inkuru zirandikwa mu bitangazamakuru bivuga ko yihishe abandi ko bamubona hirya no hino atigeze ava mu Rwanda.
Amakuru yaje kuba mpamo bigaragaza ko umukinnyi Rwatubyaye ari mu gihugu cya Turkey aho yarari mu igeragezwa mu ikipe yaho yo mu cyiciro cya mbere yitwa Istanbul Basaksehir iri no ku mwanya wa kabiri kuri ubu .
Iyi kipe ya Basaksehir yari imaze igihe ifite uyu musore Rwatubyaye ari naho akorera imyitozo ye ya buri munsi. Amakuru agera kuri EAchamps biturutse ku nshuti ze za hafi no mu muryango we ni uko uyu musore yaba agiye kugaruka mu ikipe ya Rayon Sports nyuma yaho muri Turkey byangiye kuko ikipe ya Istanbul Basaksehir idakeneye ba myugariro ahubwo ishaka abakinnyi bataha izamu.
2,705 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Biravugwa ko bamwe mu banyarwanda bari barashoye imari muri Uganda byabakomeranye bagiye kujyanwa mu Nkiko kubera imitungo
Leave a reply