Perezida Obama yasuye Restora aho umukobwa akora amufasha akazi
— August 16, 2016
Please enter banners and links.

Perezida w’America Obama kuri uyu wa kabiri Taliki 16 Kanama 2016 yasuye Restora umukobwa we yabonyemo akazi maze amufasha gukora akazi ko muri Restora.
Perezida Obama akaba yabwiye abari bari aho ko agomba kugira uruhare kugirango umukobwa we agire itangiriro ry’ubuzima bwiza amwigisha ndetse avuga ko nk’umubyeyi agomba kumuba hafi akamufasha n’umwana akabona ko ababyeyi be bamushyigikiye nawe ibyo akora akumva ko bifite akamaro ndetse akagira imbaraga zo gukomeza gukora.

Obama yagize ati “nyina wenyine ntago yamuha uburere n’ubwo ari umukobwa nyina ariwe ugira uruhare runini ariko na se agomba kumuba hafi ndetse akamushyigikira aribyo naje kumufasha”.
Abana bashimisha no kubona ababyeyi babitaho cyane kandi nk’ababyeyi abana bacu tuba dukwiye kubereka ejo hazaza habo ko ari heza bityo tukabigisha gukora kugirango bazashobore kwibeshaho bakuze.
Noella
3,168 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply