Perezida Obama yasuye Restora aho umukobwa akora amufasha akazi
— August 16, 2016
Please enter banners and links.

Perezida w’America Obama kuri uyu wa kabiri Taliki 16 Kanama 2016 yasuye Restora umukobwa we yabonyemo akazi maze amufasha gukora akazi ko muri Restora.
Perezida Obama akaba yabwiye abari bari aho ko agomba kugira uruhare kugirango umukobwa we agire itangiriro ry’ubuzima bwiza amwigisha ndetse avuga ko nk’umubyeyi agomba kumuba hafi akamufasha n’umwana akabona ko ababyeyi be bamushyigikiye nawe ibyo akora akumva ko bifite akamaro ndetse akagira imbaraga zo gukomeza gukora.

Obama yagize ati “nyina wenyine ntago yamuha uburere n’ubwo ari umukobwa nyina ariwe ugira uruhare runini ariko na se agomba kumuba hafi ndetse akamushyigikira aribyo naje kumufasha”.
Abana bashimisha no kubona ababyeyi babitaho cyane kandi nk’ababyeyi abana bacu tuba dukwiye kubereka ejo hazaza habo ko ari heza bityo tukabigisha gukora kugirango bazashobore kwibeshaho bakuze.
Noella
3,252 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply