Umugore wibye uruhinja akarurera nk’umwana we yakatiwe imyaka 10
— August 15, 2016
Please enter banners and links.

Urukiko rwo muri Afurika y’epfo rwakatiye umugore wibye uruhinja rukivuka maze amara imyaka 20 arurera nk’umukobwa we, gufungwa imyaka 10.
Uwo mugore ufite imyaka 51, yemeye ibyaha by’uburiganya no gushimuta uruhinja.
Urwo ruhinja, Zephany Nurse, rwakuwe aho rwari ruryamye ku gitanda iruhande rwa nyina mu ivuriro rya Cape Town.
Mu mwaka wa 2015, nibwo batangiye gukeka ko Zephany Nurse afitanye isano n’umukobwa w’inshuti ye basaga cyane biganaga mu ishuri rimwe.
Ibipimo byo kwa muganga bigaragaza isano hagati y’abantu-DNA- byagaragaje ko abo bakobwa ari abavandimwe.
Umucamanza, yabwiye uwo mugore ko yabeshye urukiko kandi atagaragaje ko yicuza maze rumukatira gufungwa imyaka 10 yose.
Muhungu John
2,968 total views, 1 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply