Urebye amafoto y’abakinnyi ba Liverpool na Tottenham wamenya ikipe izatsinda Final ejo
— May 31, 2019
Please enter banners and links.

Ku munsi w’ejo hari umukino wanyuma (Final) ukomeye cyane wa Champions League uzahuza ikipe ya Liverpool FC na Tottenham ariko urebye amafoto y’abakinnyi b’amakipe yombi wamenya izatwara igikombe.
Ikipe ya Liverpool ukurikije uburyo ihagaze irakomeye kurusha Tottenham kuko ifite abakinnyi benshi bakomeye ndetse ikaba yaratsinzwe muri Shampiyona inshuro imwe gusa.
Ikipe ya Liverpool ifite iki gikombe inshuro 5 mu gihe Tottenham itaragitwaraho ,ibyo bikaba biha ikipe ya Liverpool gutwara igikombe ejo ku mukino uzaba saa tatu z’umugoroba.












Ikipe ya Liverpool ikindi gituma ihabwa amahirwe yo gutwara igikombe ni uko umwaka ushize iyi kipe yakinnye umukino wanyuma na Real Madrid ariko igira ibyago umukinnyi wayo ukomeye Salah aravunika ariko no kuba ishoboye kongera kugera ku mukino wanyuma nabyo birayiha amahirwe yo kugitwara.
Ikindi ni uko iyi Loverpool yatsinze ikipe ikomeye cyane ya Barcelona ibitego 4 ku busa kandi Barcelona ari ikipe ikomeye ndetse yari yatsinze Liverpool ibitego 3 ku busa mu mukino ubanza ku buryo abantu bari baziko byarangiye Liverpool yavuyemo ariko iza gutsinda irakomeza ,ibyo bikaba biyiha amahirwe yo gutwara igikombe.
N’ubwo na Tottenham yagiye inyura ahakomeye igatsinda Man City na Ajax nayo hari abayiha amahirwe yo gutwara igikombe ku nshuro ya mbere.
8,015 total views, 3 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply