Breaking News :Haravugwa ko umunyarwanda yarasiwe muri Afurika y’Epfo
— May 30, 2019
Please enter banners and links.

Amakuru ageze ku kinyamakuru Umusingi ni uko hari umunyarwanda urasiwe mu gihugu cya Afurika y’Epfo witwa Nkurunziza Camille.
Bamwe mu bantu bari muri icyo gihugu babwiye Ikinyamakuru Umusingi ko bakeka ko ari Nkurunziza Camille warashwe muri uyu mugoroba ku itariki ya 30 Gicurasi 2019 ariko aho yarasiwe muri Cape Town polisi yaho yabujije abantu kuhagera.
Ikinyamakuru Umusingi kiracyakurikirana kumenya amakuru neza uwamurashe n’icyo yamuzijije,tukaba turibubagezeho amakuru arambuye nitumara kuyatohoza neza.



4,209 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply