Ronaldinho yamaze gutangaza ko agiye kwiyamamariza kuba Sinateri iwabo muri Brazil
— December 14, 2017
Please enter banners and links.

Amakuru aturuka mu gihugu cya Brazil ni uko icyamamare mu mupira w’amaguru Ronaldinho Gaucho watwaye igikombe cy’isi 2002 akinira ikipe y’igihugu ya Brazil yamaze gutangaza ko umwaka utaha wa 2018 azayimamariza kuba Umusinateri iwabo Minas Gerais.
Nkuko ibitangazamakuru bitandukanye muri Brazil nka O Globo byabitangaje kuri uyu wa 14 Ukuboza 2017 byavuze ko azaba ahagarariye Ishyaka ryitwa Patriota Party ryahoze ryitwa National Ecologic Party/PEN .

Ronaldinho Gaucho ubwo yari akigikina ruhago abica bigacika

Ronaldinho ari kumwe Jair Bolsonaro uzayamamariza kuba Perezida wa Brazil
Ibi byatangajwe nyuma yo kubona uyu Ronaldinho Gaucho yahuye na Jair Bolsonaro wamaze kwemezwa kuziyamamariza kuba Perezida wa Brazil muri 2018 ndetse barifotoranya.
Bivuze ko Ronaldinho aziyamamariza kuba Umusinateri ari uko uyu Jair Bolsonaro azaba yatsinze mu kwezi kwa gatatu umwaka utaha wa 2018.
Amatora muri Brazil akaba ateganyijwe ko azaba mu kwezi kwa cumi 2018 bityo Ronaldinho Gaucho agasezera ibya ruhago akinjira politike.
3,220 total views, 5 views today

Misiyo rukokoma yo kwica Perezida Museveni no kuroga abayobozi bakomeye muri Leta (Vidiyo)
INKUBIRI Y’IMYIGARAGAMBYO Y’ABATAVUGARUMWE NA LETA Y’URWANDA IKOMEJE GUFATA INDI NTERA
Kuki Perezida Kahame akivuga kuri Gen Kayumba Nyamwasa nyuma y’imyaka 16 yarahunze Igihugu?(Reba Video)
Umunyamakuru akaba n’umuhanzi YAGO wahungiye muri Uganda yasabye imbabazi umuvugizi wa RIB
Umukozi wa ABASIRWA INNOC Bahati afatanije na Visi Perezida Muhizi barashaka kwiba Ishyirahamwe, Ibikoresho byo byamaze kwibwa(RIB) Nitabare
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply