Ntucikwe n’ibyiza byo kurebera umupira wa Champions League muri MONACO Café
— November 1, 2017
Please enter banners and links.

Ejo hashize Kuwa Kabiri tariki 31 Ukwakira 2017 imikino ya EUFA Champions League yo mu matsinda yarakomeje. Monaco Café yiyemeje gukomeza gushimisha abayigana irakomeza kwerekana iyi mikino mu buryo bwihariye.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 31 Ukwakira 2017 nibwo imikino y’irushanwa ry’amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane w’i Burayi, UEFA Champions League, imikino yo mu matsinda yakomeza ndetse n’uyu munsi Kuwa gatatu tariki 1 Ugushyingo 2017 iribukomeze.
Monaco Café iri bwerekane iyi mipira yose kuri Ecrans za rutura(Flat TV) kuburyo buri muntu wese ubagana ari bube yisanzuye ndetse anafata icyo kunywa uko abyifuza.


Impinduka iri muri iyi mikino ni uko aho gutangira saa mbiri na mirongo ine n’itanu z’ijoro, guhera kuri uyu wa kabiri iratangira gutambuka ku isaha ya saa tatu na mirongo ine n’itanu.
Monaco Café imaze igihe yaragejeje aho ikorera Televiziyo za rutura kandi zifite amashusho agezweho ya HD, ubunini bwazo n’ubwiza bw’amashusho bikaba bifasha ureba umukino w’umupira w’amaguru kuwureba nk’uwibereye ku kibuga.
Si imikino yo ku wa kabiri gusa kuko Monaco Café izerekana niyo kuri uyu wa gatatu tariki 1 Ugushyingo 2017 harimo umukino ukomeye cyane ugomba guhuza ikipe isigaye ikomeye ya Tottenham Hotspur na Real Madrid.
Kwinjira muri Monaco Café ukirebera iyi mikino yose ni ubuntu kuri buri umwe. Serivisi nziza Monaco Café isanzwe igezaho abayigana nazo zizakomeza kubageraho nkuko bisanzwe ari nawo mwihariko Monaco Café irusha ahandi.
Uretse kandi imipira ya UEFA Champions League, Monaco Café isanzwe yerekana n’indi mipira yose yo muri shampiyona zose zo ku isi.
Monaco Cafe iherereye mu Mujyi wa Kigali , mu nyubako ya T 2000, mu nyubako yo hasi, mu marembo magari ya T 2000.
Monaco Café ni Bar na Restaurant ifite umwihariko mu Mujyi wa Kigali ugereranyije n’izindi zihasanzwe. Harimo umwanya wa Restaurant, umwanya wa Bar ndetse n’ahantu abana basohokanye n’ababyeyi bidagadurira.
Buri muntu wese ukunda umupira w’amaguru nta handi nakurangira cyeretse kujya muri Monaco Café ukareba neza ,uhumeka neza,wakirwa n’abakozi baho neza ,nta handi wasanga service nziza nko muri Monaco Café.
2,790 total views, 3 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Leave a reply