Infantino uyobora FIFA, arasura u Rwanda mu cyumweru gitaha">
Infantino uyobora FIFA, arasura u Rwanda mu cyumweru gitaha
— February 17, 2017
Please enter banners and links.

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi, FIFA, Gianni Infantino azaza mu Rwanda tariki ya 24 uku kwezi, aho azashyira ibuye ry’ifatizo mu gikorwa cyo kubaka hoteli ya FERWAFA.
Ganni Infantino biteganyijwe ko azagera mu Rwanda kuwa Gatanu w’icyumweru gitaha, tariki ya 24 Gashyantare 2017, ndetse azaba ari umushyitsi mukuru mu gikorwa cyo gutangiza imirimo yo kubaka hoteli ya FERWAFA kuwa Gatandatu tariki ya 25 uku kwezi.
Aganira n’urubuga rwa interineti rwa FERWAFA, Nzamwita Vincent De Gaulle uyobora iri shyirahamwe rya ruhago mu Rwanda, akaba yatangaje ko bishimiye kuzakira perezida wa FIFA ndetse bifuza kuzungukira muri uru rugendo azagirira i Kigali.
Perezida wa FIFA, Infantino akazabanza gutangiza inama ya FIFA izabera i Johannesburg muri Afurika y’Epfo, tariki ya 21 na 23 uku kwezi, yerekereze muri Zimbabwe mu birori byatuguwe na Philip Ciyangwa uyobora ZIFA, ndetse akaba yaratorewe kuyobora COSAFA mu mpera z’umwaka ushize, aho azava aza i Kigali tariki ya 24 Gashyantare 2016.
Iyi Hoteli y’inyenyeri 4 ikaba ari inkunga ya FIFA yageneye u Rwanda biciye mu mushinga w’iterambewe wiswe Goal, aho osiyete y’ubwubatsi y’abashinwa, CCECC Rwanda Ltd ariyo yatsindiye kubaka iyi hoteli. Imirimo yo kubaka izamara igihe cy’amezi 18, , ikazatwara hafi miliyari 3 na miliyoni 850 z’amafanga y’u Rwanda.
2,751 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Ikipe ya Newcastle Utd mu batoza 4 ishaka Gerrard ashobora guhabwa amahirwe yo kuyitoza kurusha Konte
Real Madrid itomboye Liverpool umukino ushobora kubamo kwihorera naho Bayern itombora PSG ,Menya uko izindi zatomboranye
Amashuri 400 azaberamo imikino izahuza abafite ubumuga bwo mu mutwe n’abataramugaye hamaze kuboneka 30
Gerrard Houllier watoje Liverpool n’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 73
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply