Umuhanzi Spice Diana ashaka umuziki we kuwukora kinyamwuga kandi ugaera imbere akaba afite ibiro azinduka ajya ku kazi nkuko abandi bazinduka bakajyaho
— December 4, 2018
Please enter banners and links.

Umuziki n’ikimwe mu byinjiza amafaranga menshi mu bihugu bifite ubwizanzure kimwe n’imikino nk’umupira w’amaguru na Basket Ball n’indi mikino itandukanye ,bityo no muri Uganda abahanzi bakaba bamaze gutera imbere muri muzika .
Umuhanzi urimo kuzamuka muri iyi minsi muri Uganda witwa Spice Diana akaba ari umwe mu bamaze gutera imbere aho yakoze ibiro azajya ajya buri gitondo nkuko abandi bajya ku kazi.
Ubundi usanga abahanzi batagira ibiro (Office)ariko we avuga ko umuziki ari akazi nkakandi agomba kugira ahantu abamushaka muzajya bamusanga.


Umuhanzi Spice Diana ari mu biro bye

Bamwe mu bageze aho ibiro by’uyu muhanzi bavuga ko ari ibiro byiza bigaragaza ko afite amafaranga kandi ko ibyo yakoze bigaragaza gutera imbere muri muzika.
Ubundi abahanzi usanga bahamagarwa kuri Telephone mukumvikana aho muhurira nko mu kabari mugasinya amasezerano bikaba birarangiye ariko iyo umuntu aje mu biro by’umuhanzi nkuko Psice Diana abivuga abona ko ibyo ukora bifite gahunda kandi akagenda yizeye neza ko ibyo muzakorana bizaba uko mwumvikanye.
3,883 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply