Uwingabire Anik uba muri Amerika yemeye gufasha umugabo wasezeranye n’umugore we yambaye kamambiri
— December 4, 2018
Please enter banners and links.

Uwingabire Anik uba muri Amerika Kuwa 3 Ukuboza 2018 yemereye Ikinyamakuru Umusingi ko agiye gufasha umuryango w’umugabo Ndahimana Narcisse w’imyaka 42 wagaragaye mu bitangazamakuru asezerana n’umugore yambaye kamambiri.
Akimara kubishyira ku rukuta rwe rwa Facebook twashatse kumenya uburyo azafasha uyu muryango tumaza n’uburyo yamenya amakuru y’uwo muryango maze avuga ko yasomye ibinyamakuru amenya amakuru ye yumva yifuje gufasha uwo muryango.
Tumubajije ibyo azawufasha yavuze ko atari ngombwa kubivuga ariko hari aho yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook avuga ko azabubakira inzu.



Hari aho yatubwiye ko uriya mu ryango ukeneye kubaho neza bakabona ibyo kurya ,bakambara neza ,bakivuza bakabaho neza .
Ministiri muri MINALOC Prof.Shyaka Anastase nawe akaba yaranditse ku rubuga rwa twitter avuga ko Leta igiye gutabara uwo muryango ko bafite gahunda yitwa ingoboka ndetse ko ibyiciro by’ubudehe bifuza ko byasubirwamo bikanozwa kuko hari abashyizwe mu byiciro badakwiye kuba barimo nyuma yo gusanga uyu muryango warashyizwe mu kiciro cya 3.

4,193 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Umunyamakuru Shyaka Kanuma wa Rwanda Focus yafunguwe arangije umwaka muri gereza
Champions League: Amakipe ahabwa amahirwe yo gutwara igikombe uko yatomboranye ,Real Madrid na Manchester City, FC Barcelone na Napoli,Liverpool isigaye iryana izahura na Atletic Madrid
Leave a reply