Umuhanzi Dan Runyange yakoze indirimbo igiye gutuma aba icyamamare ku isi
— January 26, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi w’umunyarwanda uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa Dan Runyange yakoze indirimbo yitwa Mana dukize uburetwa ariko irabica bigacika akaba avuga ko igiye kumugira icyamamare ku isi bitewe n’uburyo ikunzwe cyane.
Dan Runyange yagize ati “buri muhanzi ntabwo aririmba indirimbo aririmbye yose ngo abantu bayikunde ariko urakomeza rimwe Imana ikagufasha ugakora indirimbo igakundwa cyane ikakuzamura ukaba icyamamare ubu nanjye iyi niyo mbona igiye kungira icyamamare muri Nyagasani kuko abantu benshi barayikunda”.
Ubu umuhanzi Dan Runyange avuga ko amashusho yayo agiye kurangira ndetse agasaba abantu bose gushyigikira indirimbo zihimbaza Imana.
Umwe mu bumvise iyo ndirimbo akayikunda witwa Ndayisenga winshuti ya Dan Runyange nawe yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko iyo ndirimbo abona izatwara n’ibihembo by’indirimbo nziza y’umwaka.
Abakozi b’Imana ,Aba pastier n’abandi bakozi b’Imana mujye mumutumira kuko indirimbo ye irimo ubutumwa bwafasha abantu gukizwa.
Noella
3,208 total views, 1 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Isimbi Noeline uzwiho kwifotoza yambaye ubusa yongeye gutungura abantu asohora andi mafoto nyuma y’igihe atavugwa mu itangazamakuru
Leave a reply