Umuhanzi Dan Runyange yakoze indirimbo igiye gutuma aba icyamamare ku isi
— January 26, 2016
Please enter banners and links.

Umuhanzi w’umunyarwanda uririmba indirimbo zihimbaza Imana witwa Dan Runyange yakoze indirimbo yitwa Mana dukize uburetwa ariko irabica bigacika akaba avuga ko igiye kumugira icyamamare ku isi bitewe n’uburyo ikunzwe cyane.
Dan Runyange yagize ati “buri muhanzi ntabwo aririmba indirimbo aririmbye yose ngo abantu bayikunde ariko urakomeza rimwe Imana ikagufasha ugakora indirimbo igakundwa cyane ikakuzamura ukaba icyamamare ubu nanjye iyi niyo mbona igiye kungira icyamamare muri Nyagasani kuko abantu benshi barayikunda”.
Ubu umuhanzi Dan Runyange avuga ko amashusho yayo agiye kurangira ndetse agasaba abantu bose gushyigikira indirimbo zihimbaza Imana.
Umwe mu bumvise iyo ndirimbo akayikunda witwa Ndayisenga winshuti ya Dan Runyange nawe yatangarije Ikinyamakuru Umusingi ko iyo ndirimbo abona izatwara n’ibihembo by’indirimbo nziza y’umwaka.
Abakozi b’Imana ,Aba pastier n’abandi bakozi b’Imana mujye mumutumira kuko indirimbo ye irimo ubutumwa bwafasha abantu gukizwa.
Noella
3,108 total views, 1 views today

AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Uganda :Abanyarwanda batangij e ishuri ryigisha Umuco Nyarwanda Indashyikirwa International School
Umuriro watse muri Ugandan Banyarwanda icyo bapfa kirakomeye,Baragurishijwe ntibabimenya ariko barerekeza he?
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Mukakarangwa Francisca na Batamuriza Esther baratabaza Perezida Kagame, Ya mitego Bamporiki yavuze igeze muri RCA aho umuyobozi wayo yateze abantu 12 ashaka ko bajya Mageragere gufungwa barengana.
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Leave a reply