Uwingabire Anik uba muri Amerika yemeye gufasha umugabo wasezeranye n’umugore we yambaye kamambiri
— December 4, 2018
Please enter banners and links.

Uwingabire Anik uba muri Amerika Kuwa 3 Ukuboza 2018 yemereye Ikinyamakuru Umusingi ko agiye gufasha umuryango w’umugabo Ndahimana Narcisse w’imyaka 42 wagaragaye mu bitangazamakuru asezerana n’umugore yambaye kamambiri.
Akimara kubishyira ku rukuta rwe rwa Facebook twashatse kumenya uburyo azafasha uyu muryango tumaza n’uburyo yamenya amakuru y’uwo muryango maze avuga ko yasomye ibinyamakuru amenya amakuru ye yumva yifuje gufasha uwo muryango.
Tumubajije ibyo azawufasha yavuze ko atari ngombwa kubivuga ariko hari aho yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook avuga ko azabubakira inzu.



Hari aho yatubwiye ko uriya mu ryango ukeneye kubaho neza bakabona ibyo kurya ,bakambara neza ,bakivuza bakabaho neza .
Ministiri muri MINALOC Prof.Shyaka Anastase nawe akaba yaranditse ku rubuga rwa twitter avuga ko Leta igiye gutabara uwo muryango ko bafite gahunda yitwa ingoboka ndetse ko ibyiciro by’ubudehe bifuza ko byasubirwamo bikanozwa kuko hari abashyizwe mu byiciro badakwiye kuba barimo nyuma yo gusanga uyu muryango warashyizwe mu kiciro cya 3.

4,305 total views, 3 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Kuki Umuhungu wa Gen Fred Rwigema atatashye ubukwe bwa mushiki we Teta?
Leave a reply