Umuhanzi Sheebah uzwiho kwambara ubusa yakoze igitaramo cy’amateka aza yambaye mu buryo butangaje iyo aba mu Rwanda bari kumwambura ubutore
— December 3, 2018
Please enter banners and links.

Umuhanzi Sheebah Karungi wo muri Uganda Kuwa gatanu yakoze igitaramo cy’amateka kitabiriwe cyane ariko aza yambaye ku buryo butangaje ku buryo iyo aza kuba ari mu Rwanda yari kwamburwa Ubutore.
Sheebah yakoze igitaramo yise Omwoyo akaba yaravuze ko mu gitaramo cye azareka abakunzi be ibintu bishya atavugaga ibyo aribyo ariko akaba yabigaragaje uburyo yaje yambaye ndetse n’abakobwa bagera muri 24 kandi bahindura imyambaro inshuro nyinshi kimwe mu byatangaje abantu aho uyu mukobwa ukunda kwambara ubusa yakuye amafaranga.





Hari abavuze ku myambarire ye ko iyo aza kuba ari mu Rwanda bari kumwaka izina ry’ubutore kubera imyambarire ye nkuko umuhanzi Odda Paccy yambuwe izina ry’ubutore na Bamporiki Edward.
Abahanzi bagira imyitwarire itandukanye n’abandi banatu basanzwe ndetse n’imyambarire yabo ariko bitandukanye no mu Rwanda kuko umuco wo mu Rwanda utemerera abahanzi kwambara uko bashaka ari nayo mpamvu Paccy yambuwe izina ry’ubutore bagasakuza cyane abantu bavuga ko yarenganijwe ndetse ikaba ari indirimbo yakunzwe cyane yise Ibya-tsi ariko ijambo ibya riri ukwaryo tsi naryo riri munsi y’ibya.
8,509 total views, 7 views today

TURASHAKA KO ABATERA NKUNGA NA LETA BAMENYA AMANYANGA YA INNOC BAHATI WIBYE IMITUNGO YA ABASIRWA
UMURIRO UGIYE KWAKA, FRANK GASHUMBA ATEGETSWE KUTONGERA KWITA UMWANA WE RWABUGIRI
KARABAYE NONEHO MUSEVENI AZANYE AMAJWI Y’ABAPFUMU KADAGA YARAGIYE KUMUROGA NA GEN SALEH NA MUHOOZI(Vedio)
BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Reba aya amafoto meza 44 utazapfa utayarebye uburyo agaragaza ubunya Afurika bw’umwimerere
Umuherwe Rwabukamba yapfuye mu buryo buteye ubwoba
Leave a reply