Buchaman yihaye umwanya wa Bobi Wine kuba Perezida wa Ghetto
— July 11, 2017
Please enter banners and links.

Ibyo mu gihugu cya Uganda biba bisekeje umuhanzi akaba n’umudepite Bobi Wine yarahiraga nk’umudepite uherutse gutsindira kuyobora Kyandondo East mu Nteko ishingamategeko na Buchaman wahose amwungirije arahira kuba Perezida wa Ghetto.
Ibi byabaye kuri uyu wa kabiri tariki 11 Nyakanga 2017 mu mujyi wa Kampala aho Buchaman yarahijwe n’abandi bantu babarasita bafite n’imbunda z’ibiti bazerekeza hejuru basa nabarasa.
Bobi Wine niwe Perezida wa Ghetto ariko Buchaman yabonye Bobi Wine agiye kurahira nawe ashaka inshuti yigira Perezida wa Ghetto avuga ko ubu ariwe Perezida wa Ghetto kuko uwari Perezida yagiye mu zindi nshingano.

Buchaman
Buchaman yagize ati “njye nzakorana n’abantu bose “.Abantu batangiye kuvuga ko yihaye umwanya wa Bobi Wine bazabishanira kuko n’ubundi mbere bari barashwanya baratandukana kandi ariwe wari Visi Perezida wa Ghetto bagikorana na Bobi Wine.

Bobi Wine arahira mu Nteko ishingamategeko uyu munsi
Ibyo kwirahiza si Buchaman wenyine ubikoze kuko na Besige yirahije kumwanya wa Perezida avuga ko ariwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu mu gihe yakora ibi yirahiza na Perezida Museveni yarimo kwakira abakuru b’ibihugu baje mu muhango wirahira rye.
Muhungu John –Kampala
2,513 total views, 1 views today

BYAKOMEYE UMUHUNGU WA HABYARIMANA YAHUYE NA TSISHISEKEDI ARASHAKA GUKURAHO KAGAME, KAYUMBA MURI CONGO
Abanzi b’u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kurusebya mu Burayi bitwaje imyigaragambyo
AMASO ARARYA INDA IGASONZA KURI NOHELI AMASO YAWE YEREKE IBYIZA,UKWEYE KUREBA ABA BAKOBWA BEZA WASHAKA GUPFA
Amateka y’Umukecuru wabanye n’Umwami Kigeli V akabana na Gen Fred Rwigema na Perezida Kagame ari mu batangije ishuri ry’Umuco
Itohoza :Abanyarwanda baba mu mahanga bakomeje gusebya Leta y’u Rwanda bitwikiriye politiki n’uburenganzira bwa muntu
Muri Honeys abakobwa babacurika imitwe amaguru hajuru bakabashyiramo amacupa mu bitsina(Vedio)
SODOMA NA GOMORA,AKABARI NEW BEST BISHYURA KUREBA ABASAMBANA KU MUGARAGARO,BIRATANGAJE
Abahanzi bavukana Weseal n’umugore we Miss Sandra Teta ,Chameleon na Palaso basigaye bacurangira mu kabari kamwe (Video))
Uzi ahantu 8 ku mubiri w’umugabo wakora muri mu cyumba ukamuvugisha Igishinwa atarakize?
Shangazi:Umugabo nyamugabo igira igitsinda kireshya gute?
Umugabo wanjye yankuye kuburiri arara arongora mushikiwe
Uburyo ibiciro by’ingendo mu gihugu hose biteye nyuma yo kuzamurwa na RURA
Leave a reply